Si natera ivi !Mbere yo gutaramira i Huye  Prosper Nkomezi atangaje ibikomye ku rukundo

Prosper Nkomezi mbere yo   gutaramira i Huye ,ateye utwatsi abakundana bagera kurwego  rwo guterera ivi umwe  kubw’ urukundo  afitiye  undi aretsemba avuga ko ataterera ivi umukobwa .

 

Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza mu Rwanda umaze kugera kurwego rushimishije muri muzika ye akora yatagangaje ibikomeye ku rukundo ndetse aratsemba cyane ko ataterara ivi umukobwa bakundana ,nkuko yabitangarije  mu kiganiro  kuri Radio ,  aho yavuze  ko we atabikora kuko uwo gupfukamira arumwe  ari Imana  yo mu ijuru .

Mu magambo ye yagize ati :” Gutera ivi n’ imico yahandi  dukopiya tukayizana iwacu …..Njwewe   ku giti cyanjye sinabikora  kuko Imana niyo ikwiriye gupfukamirwa yonyine … ikindi urukundo ntiruba mu ivi  ruri mu mutima … ndashobora kuba ngukunda cyane nkagupropoza mu bundi buryo  nkagutera  imitoma  myiza .. ntabintu  bya bibiliya  byinshi birimo ariko iby’ ivi tukaba  tubishyize ku ruhande …..

Umuhanzi Prosper Nkomezi witegura gutaramira i Huye  hamwe n’ abandi  bahanzi nka Papi clever na Dorcas na Christian Irimbere ,aratangaza ko imyiteguro y’ iki  gitaramo igeze kuri 80 % bitegura twabibitsako  iki gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 12.02.2023 .

KANDA HANO UREBE INDIRIMBO YA PROSPER NKOMEZI AHERUKA GUSHYIRA HANZE

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *