Umuziki wa Secular uri kuroga abanyarwanda – Alexis Dusabe
Umuhanzi Alexis Dusabe uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu Rwanda ,yakebuye bikomeye abahanzi baririmba indirimbo za Gospel mu Rwanda abasaba gukora cyane batikoresheje .
Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu Rwanda Alexis Dusabe , ubimazemo igihe kitari gito akora muzika ya Gospel dore ko ari umwe mu bafatirwaho ikitegererezo n’ abanda bahanzi ba Gospel bakiri bato muri Muzika ya Gospel muri iyi minsi .
N’ umuhanzi wamenyekanye mu indirimbo nka Jyana I Goligota , umuyoboro , zaburi ya 23, …. Ubu kaba ari umwe mu bahanzi bakunze gutegura ibitaramo bini cyane bitishyuza amafaranga bigamije gukora ivugubutumwa rigera ku bantu benshi , twavuga nk’ ibitaramo bikunze kubera muri car free zone.
Mu kiganiro yagiranye n’ imwe muri Radio na Television zikorera mu Rwanda yatangaje ubutumwa bukomeye cyane aho yagarutse kuri muzika ya secular mu Rwanda atakangazako uwo umuziki urikuroga abanyarwanda binyuze mu butumwa butangirwa muri zo ndirimbo … mu magambo ye yagize ati:” Gospel industry…bahanzi ba Gospel mu Rwanda dukore cyane , kuko umuziki wa Secular uri kuroga abanyarwanda “
Wakwibaza uko biza kwakirwa n’ aba barizwa mu ruganda rwa muzika ya Secular ?
Alexi dusabe atangaje ibi nyuma y’ uko atangaje ko ari gutegura igitaramo gikomye yatumiyemo apotre Apolinnaire