Umuziki wa Secular uri kuroga abanyarwanda – Alexis Dusabe

Umuhanzi Alexis Dusabe uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu Rwanda ,yakebuye bikomeye abahanzi baririmba indirimbo za Gospel mu Rwanda  abasaba gukora cyane  batikoresheje .

Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana mu Rwanda Alexis Dusabe  , ubimazemo igihe kitari gito  akora muzika ya Gospel dore ko ari umwe mu bafatirwaho ikitegererezo n’ abanda bahanzi ba Gospel bakiri bato  muri Muzika ya Gospel  muri iyi minsi .

N’ umuhanzi  wamenyekanye  mu  indirimbo nka Jyana I Goligota , umuyoboro , zaburi ya 23, …. Ubu kaba ari umwe mu bahanzi  bakunze gutegura ibitaramo bini  cyane bitishyuza amafaranga bigamije gukora ivugubutumwa rigera ku bantu benshi , twavuga nk’ ibitaramo  bikunze kubera  muri car free zone.

 

Mu kiganiro yagiranye n’ imwe muri Radio na Television zikorera mu Rwanda yatangaje ubutumwa bukomeye cyane  aho  yagarutse kuri muzika  ya secular mu Rwanda atakangazako uwo  umuziki urikuroga abanyarwanda  binyuze mu butumwa  butangirwa muri zo ndirimbo … mu magambo ye yagize ati:” Gospel industry…bahanzi  ba Gospel mu Rwanda  dukore cyane  , kuko umuziki  wa Secular uri kuroga abanyarwanda “

Wakwibaza uko biza kwakirwa  n’ aba barizwa mu ruganda rwa muzika ya  Secular ?

Alexi dusabe atangaje ibi nyuma y’ uko  atangaje ko ari gutegura igitaramo gikomye yatumiyemo apotre Apolinnaire

 

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *