Umuhanzikazi Sunny yiyeguriye Imana bitangaza benshi !Ashyira hanze ibibera mu isi y’ umwijima.

Umuhanzikazi Sunny akomeje kugaragara  ahamyako ko yiyeguriye Imana , ko Imana ariyo kubahwa bitungura benshi , nyuma y’ imyitwarire itari myiza yagiye imuranga  ku mbuga nkoranyambaga.

Umuhanzikazi Dorcas Imgabire wamenyekanye cyane ku izina rya sanny akomeje gutungurabenshi   kumbuga nkoranya mbaga  byumwihariko mu biganiro bitandukanye  bica kuri Televiziyo no ku mbuga zinyuranye za youtube agaragara  ashishikariza bakunda  n’ abakurikira ku rushaho kwisomera Bibiliya wowe ubwawe…

Sunny avugako  ibintu ubu birikugenda biba bibi kuko abantu batagisenga Imana  ahubwo basigaye basenga amafaranga  ,kuko kugeza ubu ubugoe bukomeje kwiyongera  ku isi bitwaje gushaka amafaranga ,atangaza yemye ko ku isi abantu bahaba 10% aribo baba ku isi  abandi utamenya iyo baba bari ashimangirako  umuntu ushaka kuramba igihe kirekire agomba kuragiza ubuzima bwe Imana .

Mu magambo ye  yagize ati :” ..erega twese turi abanyabyaha  niyo mpamvu yesu yadupfiriye … kutubahiriza amategeko 10 y’ Imana ni cyo kitwishe .. ubundi gusenga  n’ ingenzi cyane mu buzimana bwacu , kwisomera bibiliya kugiti cyawe urushaho gusobanukirwa  byinshi .. abantu benshi barasinziriye mwe  kudamarara  kuko urubanza ruraje  mwe gukora ibibi  kuko Yesu araje vuba

Umuhanzikazi Sunny akomeje gutungurana cyane ahamya gukora kw’ Imana

Ibyo umuhanzikazi avuga  ndetse n’ ibyo ahamya bikomeje kugaragaza  ko  akomeje urugendo rukomeye  rwo guhindukirira Imana.

@ibyiringiro.rw

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *