Si natera ivi !Mbere yo gutaramira i Huye Prosper Nkomezi atangaje ibikomye ku rukundo
Prosper Nkomezi mbere yo gutaramira i Huye ,ateye utwatsi abakundana bagera kurwego rwo guterera ivi umwe kubw’ urukundo afitiye undi aretsemba avuga ko ataterera ivi umukobwa .
Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza mu Rwanda umaze kugera kurwego rushimishije muri muzika ye akora yatagangaje ibikomeye ku rukundo ndetse aratsemba cyane ko ataterara ivi umukobwa bakundana ,nkuko yabitangarije mu kiganiro kuri Radio , aho yavuze ko we atabikora kuko uwo gupfukamira arumwe ari Imana yo mu ijuru .
Mu magambo ye yagize ati :” Gutera ivi n’ imico yahandi dukopiya tukayizana iwacu …..Njwewe ku giti cyanjye sinabikora kuko Imana niyo ikwiriye gupfukamirwa yonyine … ikindi urukundo ntiruba mu ivi ruri mu mutima … ndashobora kuba ngukunda cyane nkagupropoza mu bundi buryo nkagutera imitoma myiza .. ntabintu bya bibiliya byinshi birimo ariko iby’ ivi tukaba tubishyize ku ruhande …..
Umuhanzi Prosper Nkomezi witegura gutaramira i Huye hamwe n’ abandi bahanzi nka Papi clever na Dorcas na Christian Irimbere ,aratangaza ko imyiteguro y’ iki gitaramo igeze kuri 80 % bitegura twabibitsako iki gitaramo giteganyijwe kuba tariki ya 12.02.2023 .
KANDA HANO UREBE INDIRIMBO YA PROSPER NKOMEZI AHERUKA GUSHYIRA HANZE